Umugabo yahagaritse ubukwe nyuma yo kumenya ko umugore bagiye kubana afite abana babiri

October 3, 2025
1 min read

Hirya no hino ku mbugankoranyambaga bakomeje guhererekanya amakuru y’umugabo wahagaritse ubukwe igitaraganya nyuma yo kumenya ko umugore bagiye kubana afite abana babiri.

Ibi byagaragajwe mu mashusho aho uyu mugabo yari yagiye kwaka inkwano yakoye uyu mugore avuga ko abo bana buwo mugore Atari Abe.Burya kuvugisha ukuri mu buzima ntako bisa, kuko akenshi usanga ibintu byicwa no kutavuga ukuri ngo uvuge ibintu uko biri neza.

Cyane ku bakobwa cyangwa ku bagore umwana ni ikintu kingenzi kuri wowe, mugihe ufite umwana ni ngombwa ko umugabo cyangwa umukunzi wawe abimenya ndetse mu minsi y’ambere.Mbere Yuko umubano wanyu utangira kugera ku rundi rwego, ni ngombwa ko mwembi mubwirana amabanga akomeye kugira ngo ejo bitabatanya.

Ibaze umugore ushobora kukubeshya ko nta bana agira afite abana babiri ese ubwo nyuma yazakubeshya ibingana iki. Abantu benshi bakomeje gushyigikira uyu mugabo bavuga ko ibyo yakoze bikwiye ndetse cyane.

Source: News Hub Creator

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Umugabo ufite abagore 4 yasize inkuru i musozi ku bantu bose babonye ifoto ye ari kumwe n’abagore be

Next Story

Dore uko umugabo yamenya ko umugore we yarangije mu gihe cyo gutera akabariro

Latest from Uncategorized

Go toTop