“Umugabo wanjye bamuhimbye Aburahamu kubera kuryamana na buri mukobwa mu gace dutuyemo kandi ndabirambiwe ” – Agahinda k’umugore baca inyuma buri munsi ugisha inama

October 3, 2025
1 min read

“Umugabo wanjye bamuhimbye Aburahamu kubera kuryamana na buri mukobwa mu gace dutuyemo kandi ndabirambiwe ” – Agahinda k’umugore baca inyuma buri munsi ugisha inama

Uyu mugore yagize ati:” Umugabo wanjye bamubatije ‘Father Abraham’ kubera uburyo aryamana n’uwo abonye wese mu gace dutuyemo.

Umugabo wanjye atereta umukobwa wese abonye ndetse ntawe umucaho atamuterese cyangwa ngo amuhamagare. Ibi umugabo wanjye akora bituma abantu bose bagenda bamvuga ntibananyubahire umugabo”.

Uyu mugore agaragaza ko inshuro zose yashakaga kubaza umugabo ibyerekeye aya makosa , avuga ko amusaba imbabazi cyane ndetse ngo akamubwira ko atazongera kubivuga.Ati:” Nukuri ndagusabye , mbabarira ntabwo nzongera kuguca inyuma.

Abantu benshi banyereka amafoto ye arikumwe n’abandi bakobwa , ndetse bakanyereka n’amashusho bari gusomana”.

Uyu mugore yagishije inama z’icyo yakora kugira ngo umugabo we abicikeho.

src: Vipasho.co.ke

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Dore impamvu ukwiriye kunywa amazi mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina

Next Story

Urupfu ni umwanzi w’ubuzima rutera amarira ruragatsindwa ! Agahinda n’amararira nyuma y’urupfu rwa PRUDENCE wazize impanuka ya Moto avuye kwibuka

Latest from Uncategorized

Go toTop