advertising

Advertising

Umugabo mu gufi kurusha abandi yakoze ubukwe budasanzwe

5 months ago

Mu gihugu cya cameroon habaye ubukwe bwa agatangaza bwatunguye abatari bake, ni ubukwe bwaye bwiza cyane maze bituma umusore yirekura akavuga uburyo abantu batari bake bamuciye intege ngo ntazabona umukobwa umwemera, ibyo babiterwaga nubugufi bukabije bw’uyu musore.

Nyamara koko urukundo rugira ibyarwo, yaje kubona umukobwa bakundana ariko abantu bagakomeza kuvuga ko butazataha, ibi byose yarabyumva bikamubabaza ndetse n’umukunzi we bikamushengura ariko nyuma y’igihe kitari kinini baje kwemeranya itariki y’ubukwe.

Ubukwe bwabaye none abantu hirya nohino ku isi babwishimiye ndetse amafoto na video zu ubukwe zasakaye hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga.

Abantu bakomeje kuvuga iki ari ikimenyetso cy’urukundo nyarwo rudakurikiye ibintu cyangwa ubwiza, abantu bose kandi bari kuvugako iyo babimenya mbere ko bari kubutaha.

Ntitwasoza tutabifurije urugo ruhire.

Author

Ads

ad

Previous Story

Abanyafurika y’Epfo bashimiye u Rwanda rwakijije Miss Mutesi Jolly kugwa mu mutego w’abatekamutwe

Next Story

Menya ibintu 8 byingenzi umugore cyangwa umukobwa akwiriye kwitaho no kwitwararika kuburyo umugabo wese ukubonye yakubonamo umugore mwiza

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop