advertising

Advertising

Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we muri Barbados abantu bemeza ko bishoboka kugira umuryango hejuru ya 30

5 months ago

Umuhanzikazi w’icyamamare ku isi Rihanna yashyize hanze amafoto y’umwana we ubwo yari yasohokanye n’umugabo we A$AP Rocky.

 

Rihanna wabaye icyitegererezo kuri benshi bigatuma bizera ko nyuma y’imyaka 30 umuntu yagira urugo , yasohokanye n’umutware we A$AP Rocky ndetse n’umwana wabo RZA baryoherwa n’ubuzima Muri Barbados.

 

Rihanna ufite amafaranga menshi yagaragaje ko kandi akunda cyane uyu muhanzi bakundana A$AP Rocky ubwo batemberaga hafi y’urugo rwabo muri Barbados hamwe na RZA w’umwaka umwe.

 

Ubwo batemberaga uyu mudamu witwara nk’abanyampinga yafasha umwana we amafoto hamwe n’umugabo we arangije abishyira hanze nk’uko byagaragajwe kuri Konti ye ya Instagram.

Src: Briefly.co.za

Author

Ads

ad

Previous Story

Dore impamvu abasore aribo batereta kurusha abakobwa

Next Story

“Wampinduriye ubuzima” ! Selena Gomez yateye imitoma yumusubirizo umuhanzi Rema bakoranye indirimbo

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop