advertising

Advertising

Platnumz asanga kuryamana na Spice Diana byaba ari ubushake bw’Imana

5 months ago

Umuhanzi Diamond Platnumz uri ku ruhembe rw’umuziki w’Akarere, yatangaje ko kuryamana n’Umuhanzikazi Spice Diana wo muri Uganda byaba ari ubushake bw’Imana.

 

Ibi Platnumz yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’Itangazamakuru ryo muri Uganda, avuga ko azakorana indirimbo n’uyu muhanzikazi, ko adafite gahunda yo kuryamana nawe ariko ko biramutse bibaye byaba ari ubushake bw’Imana.

 

Yagize ati “ Kuri Spice Diana, tuzakorana indirimbo gusa, ntabwo nzaryamana nawe. Yigeze kuza muri Tanzania, ndamucumbikira iwanjye ni nka mushiki wanjye ariko nanone hagize ikiba byaba ari ubushake bw’Imana.”

 

Diamond Platnumz aka “Simba” ari muri Uganda aho yitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Comedy Store Uganda giteganyijwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane tariki 14 Nyakanga 2023. Uyu ni umwe mubahanzi bafite izina rikomeye muri muzika ya Afurika n’isi muri rusange.

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Dore impamvu ituma abagabo bagira ibitsina bitandukanye mu bunini aho usanga umwe afite gito undi akaba afite kinini

Next Story

“Abana banjye baziko nkikundana na nyina” ! Diamond Platinumz yitarukije ibyo gusubirana na Zari ahumuriza inkumi za Uganda !

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop