Perezida w’urwanda Yazaniye amazi uwa Kenya ahita asomaho

October 3, 2025
1 min read

Nyakubahwa perezida Paul Kagame yagaragaye azanira amazi perezida wa kenya ‘William Ruto’ubwo yararimo kuvuga ijambo, ibintu byakoze ku mitima ya benshi.

Nk’uko tubikesha ‘Apanews’ Perezida wa kenya ‘William Ruto’ ari mu Rwanda guhera kuwa 2 mu ruzinduko rw’iminsi ibiri aho yahageze kuri uyu wa 2 kuwa 4 mata 2023.

Nk’uko byari biteganyijwe yagombaga kuganira n’umukuru w’igihugu cy’urwanda perezida wa Repuburika Paul  Kagame, nyuma akabona kujya mu itangazamakuru.

Mu ruzinduko rwe kandi arasura urw’ibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi.

Perezida ‘William Ruto’ yatowe mu kwa cumi na kabiri umwaka ushize aho yatsinze amatora ahigitse uwitwa ‘Raila odinga’.

Nyakubahwa perezida Ruto yahise asomaho

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Bimwe mu bintu byatuma umukunzi wawe akomeza kukwiyumvamo

Next Story

Umurambo w’umusore bikekwa ko yishwe n’inzoga wasanzwe mu muhanda

Latest from Uncategorized

Go toTop