advertising

Advertising

Paul Okoye wamamaye nka Rude Boy no muri P-Square yahaye amafaranga n’imyambaro umwana watewe inda n’umugabo w’imyaka 45

5 months ago

Muri video yakomeje gucicikana ku mbugankoranyambaga, umugabo witwa Lord Zeus ubwo yatangazaga inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 14 watewe inda n’umugabo w’imyaka 45, Paul Okoye yahise abyivangamo.

 

Kubwo kumva inkuru y’uwo mwana muto w’umukobwa, uyu muhanzi yafashwe n’amarangamutima cyane agahinda karamwica ahita yitemeza gufasha uyu mwana aho yamwoherereje amafaranga ndetse n’imyambaro.

 

N’ubundi muri video, uyu Lord Zeus yahaye nyina wuyu mwana amafaranga menshi uwo mubyeyi ibyishimo biramusaga amarira azenga mu maso.d

 

Lord Zeus yanditse agira ati “izo mpano zivuye ku muhanzi Rude Boy , niwe wabyohereje byose bivuye muri America , umuryango wacu wabagebeye 280,000 bya mafaranga ya Nigeria ariko hari nandi agera kuri 2,000,000 nayo yabagenewe”

Source : Too exclusive

Author

Ads

ad

Previous Story

Frida Kajala yahaye impano ikomeye umukobwa we Paula Kajala ku mubano w’abakundana

Next Story

Grand P yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we nyuma y’amezi make yerekanya umukobwa mushya wo muri Asia

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop