“Ntamafaranga aba mu njyana na Hip-hop” ! “Gravity Omutujju yavuye muri Muzika yemeza ko Hip Hop ikorwa n’abantu bakubiswe gusa

October 3, 2025
1 min read

Umunyamuziki Gravity Omutujju yavuze ko yaretse gukora injyana ya Hip-hop kuko ngo ari injyana y’abantu bakubiswe baragira akantu.

 

Gravity Omutujju yavuze ko nyuma yo kureka gukora injyana ya Hip-hop agiye gusohora indirimbo zo mubwoko bwa Kidandali kuko ngo zitanga amafaranga menshi cyane.

 

Yakomeje avuga ko ariwo mwanzuro yafashe mwiza kuko ngo impinduka zigaragara ziri hafi no kumugaragaraho.

 

Yavuze ko yamenye aho amafaranga ari Ariyo mpamvu mugiye kujya mwumva indirimbo zanjye zahindutse cyane. Sinigeze nkorera amafaranga nkora injyana ya Hip-hop ariko nyuma yaho nsohoreye indirimbo yanjye Kwepicha, ubu nakoreye amafaranga menshi, ibyo yabivuze ubwo yari mu kiganiro kuri shene ya YouTube.

 

Gravity Omutujju yatangiye ari umuririmbyi ukora injyana ya Hip-hop ariko nyuma aza kubihindura akora injyana ya Kidandali.

 

 

 

Source: howwe.biz

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Urukundo rugeze aharyoshye” ! Wamusaza w’imyaka 66 yibitseho umwana ukiri muto Samuel Nzuki Ndunda yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we

Next Story

Ese koko mu mibonano mpuzabitsina habamo gupfuba? Impamvu nyamukuru abashakanye bari gushora Imari mu bapfubuzi iri ku mugabo cyangwa ni umugore?

Latest from Uncategorized

Go toTop