“Nta kintu kiba cyiza nko kwiba umugabo wabandi nawe bakamukwiba” Nkechi Blessing

October 3, 2025
1 min read

Umukinnyi wa Filime , akaba n’umwe mu bazitunganya Nkechi Blessings , yashyize hanze igisa n’ikibazo mu matwi y’abantu maze ateza rwasezerera mu mitwe y’ababyumvise.

Uyu mukinnyi wa Filime Bleesings yabaye nkusereza abagabo n’abakobwa biba abagabo babandi maze avuga ko bitangaje kumva ko wibye umugabo wabandi nawe bakamugutwara.Uyu abivuga yashakaga kwereka uburyo abagabo bamwe batereranwa nk’upira aho umugabo ashobora kwirukansabwa n’abakobwa barenza umwe buri wese ashaka kumugira uwe kandi nyamara bidashoboka.

Uyu mukobwa yagize ati:” Ntakintu kiryoha nko kwiba umugabo wabandi nawe bakaza kumugutwara kumugaragaro.Ndimo kwiyama abakobwa batwara abagabo b’abandi bagore bakabagambanira”.

Uyu mukobwa wavuze aya magambo yavutse tariki14 Gashyantare 1989.Yavukiye ndetse akurira muri Surulere mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria.Uyu yabaye umwanditsi wa Filime mwiza cyane , ni umwe mubazwi nka ‘Content’ creator, ucunga imitungo y’ibigo akanabihagararira ndetse ni umushabitsi akaba umwe mubakamejeje kumbuga nkoranyambaga.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Dore Impamvu 3 Zishobora Gutuma Umugore Wawe Aguca Inyuma Kandi Mubanye Neza Cyane

Next Story

Umugore yasobanuye uko yararanye n’umurambo amezi 6 kugira ngo abone gutwita bikaba iby’ubusa

Latest from Uncategorized

Go toTop