advertising

Advertising

Nigeria: Umugore yasigaranye umwana nyuma y’uko atewe inda n’umu chinwa akamuta atamufashije kurera umwana

5 months ago

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria watewe inda numu chinwa akomeje kurira ayo kwarika nyuma yuko atewe inda umugabo akamusiga nta nindezo amusigiye izamufasha kurera umwana.

 

 

Mu mashusho akomeje kuvugisha abatari bacye hirya no hino ku mbugankoranyambaga aho uyu mugore yagaragayemo ateruye umwana yibarutse usa nez neza nk’umuchinwa.Biravugwa ko uyu mugabo wo mu gihugu cya China yaje mu gihugu cya Nigeria kuhakorera. Ubwo yahageraga yatangiye kugirana umubano wihariye n’uyu mugore wo muri Nigeria. Uko bakomeje gukururana byaje kurangira uyu mugore atewe inda.

 

 

 

Ubwo uyu mugore yageraga mu gihe cyo kubyara uyu mugore yagiye ku ivuriro maze yibaruka umwana usa neza neza nk’umuchinwa, mbese yaje asa na se cyane ko umugabo w’umuchinwa ariwe wateye uyu mugore inda.

 

 

 

Ubwo uyu mugabo yamenyaga ko umugore yateye inda yibarutse, yahisemo kubasiga Bose umugore n’umwana ahitamo kwisubirira mu bu chinwa aho avuka. Ibyo nibyo byatumye uyu mugore asigara amara masa cyane ko umugabo yamusize ntacyo afite kizamufasha kurera umwana.

 

 

Ayo mashusho yuyu mugore ateruye uyu mwana akomeje kuvugisha benshi ndetse benshi bakomeje kumugirira impuhwe.

 

 

 

 

 

Source: TUKO

Author

Ads

ad

Previous Story

Sinakundana n’umukobwa udatunze amafaranga menshi ! Umusore yishongoye ku bakobwa bakennye

Next Story

Akunda Abanyarwandakazi ! Umuhanzi Harmonize na Umuhoza Laika baherutse kugaragara mu mashusho babyina bahamije urukundo rwabo bishushanyaho ibintu bimwe

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop