advertising

Advertising

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana babiri bakuru umwe yiga muri Segonderi ariko natandukanye n’umugabo

October 3, 2025
1 min read

Inkuru yacu y’uyu munsi ni inkuru y’umugore watwandikiye atubwira ko ashaka umukunzi ushobora kumubera umugabo bidatinze kuko ashaka kubaka urugo rugakomera.Yaratwandikiye nk’uko tugiye kubagezaho ibaruya we.

 

Uyu mugore ushaka umugabo uri seriye , ushaka kubaka , utajarajara mu bagore kandi ufite icyo akora cyakomeza gutuma babaho.Mu magambo yaranditse ati:”Muraho neza, amazina yanjye ni [ M.P ] , nyahishe kubw’umutekano wanjye.Ndi hejuru y’imyaka 30 , ndashaka umukunzi twakubaka urugo rugakomera.Mu Byukuri njye natandukanye n’umugabo tumaze kubyarana abana 2 b’abakobwa.

 

Kugeza ubu umwana umwe dufitanye ari mu mashuri yisumbuye ariko ninjye ubasha kumwishyurira njyenyine.

Umugabo nshaka agomba kuba ashaka kubaka, ari mu Rwanda [ Kigali ] , cyangwa ahandi ariko atari kure y’aho.Akaba asenga, akaba yizera Imana, akaba atagira ingeso zo kujya mu bagore cyangwa mu bakobwa, akaba yiyubaha.Muri make ndashaka umugabo ufite icyo akora witeguye kubaka urugo rwe.

 

Urukundo ndarufite kandi mfite n’ibyo nkora umunsi ku munsi bimbeshaho n’umuryango wanjye.Mu kuri ndamutse mu bonye twaganira , tugahura kandi tukagirana igihe byiza, ubuzima bwo ku Isi tukazabumarana.

Abaye ari umusore ntakibazo byaba ari byiza . Murakoze”.

Uramutse uri uwo muntu yifuza , watwandikira kuri watsapp cyangwa ukanyura kuri Info@umunsi.com tukabasha kuvugana tukabahuza.

2 Comments Leave a Reply

  1. Nitwa Felix mba kigali mfite inyaka 35ans mfite abana akazi nkora agasanzwe

    Ndashaka umukunzi w’umumama ufite abana ufite imyaka hagati ya 30-38ans

    1. Kuba asenga
    2. Kuba akunda abana nabantu muri rusange
    3. Kuba afite ibyo akora
    4. Kuba yaba mubuzima bwose bushoboka
    5. Kuba akunda indirimbo zaririmbiwe Imana.

    Niba wumva ubyujuje 0728978997 nyandikira cg umpamagare

  2. Muraho neza ndabasuhuje nitwa Fabrice mperereye kicukiro masaka nkaba ndumusore njehano kugirango ndebe konabona uwodufatanyaa ubuzima dusigaje kwisi , nkeneye umukobwa ukeneye kurushinga , umukobwa ufit attention mubuzimabwe ufit ibitekrezo bikomeye umuntu wumu entrepreneur cyane kuko nanjye nuko , umukobwa wubahana , ariko uzi gufata umwanzuro kukintu umuntu wiyubashy please uzi cg wunva ururimi byibuze rumwe rukoreshwa hanze yigihugu , ikindi byaba byiza asobanukiwe na business management , azi gutegura umushinga wabyar irinyungu umuryango . Murakoze
    Call +whtsp 0782768122
    Location mugihe ndimu rwanda
    Kicukiro murakoze
    N B ,kuba atarimunsi ya age 24yrs

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Ads

ad

Previous Story

Zambia ! Nyuma yo gukubita umugore we, umugabo yafashe kungufu nyirabukwe maze aramukomeretsa cyane

Next Story

Ese kubera iki abagore aribo bagaragara ko bashaje cyane kurusha abagabo ! Dore icyo inzobere zibivugaho

Latest from Izindi nkuru

Go toTop