“Naryamanye n’abagore 30 mu bagore 10 muri bo bagira inama umugore wanjye kwahukana akansiga” ! portable

October 3, 2025
1 min read

Umuririmbyi uri mubari kuzamuka neza Habeeb Okikiola wamamaye nka Portable Yahwituye abo bose boshya umugore we bamubwira kwahukana akamusiga.

 

Ubusanzwe uyu muhanzikazi azwiho kuba mu rukundo n’abagore benshi cyane ndetse yagiye asangiza bamwe mu mafoto ku mbugankoranyambaga ze.

 

Uyu mugabo w’abana 5 uherutse kwibaruka umwana w’umuhungu mu minsi yashize, yifashishije imbuga nkoranyamaga ze, Yahwituye aboshya umugore we Zainab kumusiga.

 

Mu mashusho yagiye hanze, yagaragaye ari kuvuga ko amaze kuryamana na bagore 10 mubagore 30 bagira inama umugore we kumusiga.

Yakomeje avuga ko ngo kubera iki umugore we yakahukana kandi umugore we amuha byose acyeneye mu buzima bwe.

 

 

 

Source: News Hub Creator

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Urukundo rugeze aharyoshye” ! Wamusaza w’imyaka 66 yibitseho umwana ukiri muto Samuel Nzuki Ndunda yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we

Next Story

Ese koko mu mibonano mpuzabitsina habamo gupfuba? Impamvu nyamukuru abashakanye bari gushora Imari mu bapfubuzi iri ku mugabo cyangwa ni umugore?

Latest from Uncategorized

Go toTop