“Nabaye umusirikare nkora ikosi mu mahanga” ! Umukobwa w’ikizungerezi atanze ubuhamya bw’ubuzima yanyuzemo

October 3, 2025
1 min read

Ntabwo bikunze kugaragara ko umukobwa cyangwa umugore bafata iyambere bakagaragaza ubundi buzima bwabo bwanyuma y’ubundi.

 

Uyu mwari yahishuye ko byari bigoye ariko ahesha ishema u Rwanda.

 

Umutoni Peace , yagaragaje ko azi kurasa ndetse ahishura ko yabayeho nabi cyane.

Ati:” Twararaga mu mashyamba iminsi ibiri, icyo gihe babaga bagushakiye ibyo urarya ariko nawe ukimenyera inzu uriburaremo muri iryo shyamba ari nijoro nta toroshi , nta muntu muri kumwe, ariko twabinyuzemo duhesha ishema u Rwanda”.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Umugabo utanywa inzoga na we atesha umutwe” Appoline yanenze bagenzi be basenya ingo zabo bitwaje ko bashakanye n’abagabo bafata agacupa

Next Story

Dore ibintu mukwiriye kubanza kwibaza mbere y’uko mukorana ubukwe

Latest from Uncategorized

Go toTop