advertising

Advertising

MU MAFOTO: Ngiyo imodoka umuhanzi The Ben yahaye umugore we w’uburanga Miss Uwicyeza Pamella

5 months ago

The Ben yashyikirije imodoka nziza cyane umugore we , Uwicyeza Pamella.Iyi modoka yo mu bwoko bwa Ranger Rover, yaguzwe mu ntangiriro z’uyu mwaka igurirwa i Dubai.

 

Mbere y’uko umuhanzi wamamaye mu ndirimbo ‘Habibi’ n’izindi , mbere y’uko yerekeza i Burundi mu gitaramo azasaruramo agatubutse, yavyemo ideni umugore we amushyikiriza impano y’imodoka dasanzwe.

 

The Ben abaye uwakabiri ukoze ibi , nyuma ya Bruce Melodie wahaye umugore we , Umuhoza Catherine, imodoka yo mu bwoko bwa Land Cruiser VX, ku isabukuru ye y’amavuko yizihije  mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Imodoka yahawe Pamell

 

The Ben n’umugore we

Author

Ads

ad

Previous Story

Kim Kardashian yahishuye ko akunda cyane umusore witwa John F Kennedy Jr umuhungu wa John F Kennedy wabaye Perezida wa Amerika

Next Story

Umupasiteri yikingiranye mu isenga ry’intare yigeze Daniel ahamagara abayoboke ngo baze bamurebe

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop