advertising

Advertising

MU MAFOTO: Irebere uburanga bwa Ndekwe Paulette ugiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Cosmo World 2023

4 months ago

Umukobwa w’uburanga budasanzwe Ndekwe Paulette , arimo kwitegura guhararira u Rwanda mu marushanwa ya Miss Cosmo World 2023, azabera muri Malaysia ku wa 29 Ugushyingo 2023.

 

 

Uyu mukobwa asanzwe ategura amarushanwa ya Rwanda Global Top Model na Miss Global Beauty Rwanda agamije gufasha Abanyarwanda benshi kwitabira amarushanwa mpuzamahanga.Imibare igaragaza ko uyu mukobwa amaze kohereza hanze Abakobwa 6 mu bikorwa bishingiye ku mideri n’ubwiza.

 

 

Uyu mukobwa yaherukaga guhagararira u Rwanda muri Miss Globe 2020 aza no kuboneka mu bakobwa batanu babaye Nyampinga ndetse yegukana n’ikamba ry’igisonga cya Kane.

Author

Ads

ad

Previous Story

Umuraperi Fizzo Mason yakoze mu nganzo ahuza imbaraga na Joshari bashyira hanze iyo bise ‘Zabada’ – VIDEO

Next Story

Bashyize uburyo bwo gutwereza abantu ! Menya uburyo wakoresha ugatwerera The na Pamella

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop