advertising

Advertising

Mu buhinde: yafashwe amashusho asambanya imbwa

5 months ago

Umusaza yafashwe amashusho n’umuturanyi we asambanya imbwa ye bwite ahitwa ‘Delhi’s inderpurc mu gihugu cy’ubuhinde.

Nkuko tubikesha ibinyamakuru bitandukanye byo mu buhinde harimo na zeenews na India to day, uyu musaza ibyo yakoze biteganywa n’ingingo ya 377 mu mategeko arengera uburenganzira bw’inyamaswa aho mu buhinde.

Akaba yarafashwe nyuma y’uko umuturanyi we yumvaga imbwa y’ingoreĀ  irira isa n’ihohoterwa akajya kureba ibiri kuba maze asanga umusaza yayifatiye mu maguru arimo kuyihohotera.

Akaba yarahise afata amashusho ayoherereza abapolici, maze nyuma baza gushakisha uwo musaza bivugwa ko yafashe ku ngufu iyo mbwa mu kwa kabiri kuwa 28.

Biragoye ko uyu musaza yari guhakana bitewe n’amashusho agaragaramo ari gufata imbwa ku ngufu, imbere ye hari n’indi , bisa n’aho asanzwe afite imbwa nyinshi.

Source:India to day and zeenews

Author

Ads

ad

Previous Story

Bamenye ko bashakanye nyamara bavukana nyuma y’imyaka 14 yose

Next Story

ROCKY KIMOMO arasaba abanyarwanda kwimika urukundo#kwibuka29

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop