advertising

Advertising

Menya akamaro k’Ibumba k’umubiri wa muntu

5 months ago

Ifu y’ibumba idufitiye akamaro kanini mu mubiri wacu ariko abenshi usanga batazi umumaro wayo kuko bamwe bayifata ngibisanzwe.dore umumaro ibumba ridufitiye.

Umubiri

Ibumba ridufitiye akamaro kanini cyane doreko rifite akazi ko kongera amaraso mu mubiri amaraso mu mubiri wacu ndetse rikaba rituma uruhu rwacyu rusa neza.

Kubijyanye n’impyiko

Iri bumba ritera impyiko gukora neza umurimo zishinzwe ndetse n’umwijima kumwe na rate.

Abana

Iri bumba rirakenewe cyane kubana barereshejwe amata kandi rikoreshwa cyane no kubana bavutse badashyitse.

Kubabyeyi ba bagore

Iri bumba rikoreshwa cyane kubagore babyara nabi ndetse n’imihango ya bakobwa igenda nabi

Kubijyanye no kurya

Iri bumba rikunda gukoreshwa cyane mu myanya inoza ibyo kurya Kubindi
Kurundi ruhande ibumba rifite umumaro n’ubutunzi bwinshi bwo kugoboka ingingo z’umuntu kuko rikungahaye ku myunyu ngugu

Icyitonderwa

Irinde gukoresha ibumba cyane kuko rinyunyuza amavuta yo mu mubiri

Author

Ads

ad

Previous Story

Ubushakashatsi bwerekanye ko abantu bagera kuri 50% ku isi batajya bahindura imyenda y’imbere buri munsi

Next Story

Trump yongeye guhakanira urukiko ibyaha bine ashinwa

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop