“Maze imyaka ine ntakora imibonano mpuzabitsina kandi ntacyo bintwaye” ! Umukinnyi kazi wa film Lizzy Gold yavuze ko akabariro ntacyo kavuze

October 3, 2025
1 min read

Uyu mugore wo muri Ghana w’abana babiri, yavuze ko atarakora ubukwe ariko ko bikunze yabikora igihe icyaricyo cyose mu gihe abonako bikwiye.

 

Yanavuze ko ubu we icyo yitayeho ari ugukora akazi ke neza adacyeneye ibimutesha umutwe nkibyo by’ubukwe n’ibindi.Uyu mugore yanavuze ko ubukwe Ari ikintu kiza ariko we ngo yanga kuntu abantu bakoze ubukwe bahorana buri gihe ndetse ko we ibyo bimubangamira.

 

Mu gusoza, yasoje avuga ko ubu imyaka ibaye ine atarongera gukora imibonano mpuzabitsina.Mu magambo ye yagize ati “Sindongera gukora imibonano mpuzabitsina hashize imyaka 4 Kandi ntacyo bintwaye. Icyo nitayeho ni akazi kanjye Niko mpa umwanya wanjye wose.”

Benshi bakomeje kwibaza kuntu uyu mugore amaze imyaka igera kuri 4 adakozwa ibyimibonano mpuzabitsina ndetse banibaza kuntu adashaka Kandi Ari mwiza.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: studio.opera.com

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Dore Posiziyo 4 zo gutera akabariro neza hagati y’abashakanye

Next Story

Inkumi y’ikibero ikomeje kuvugisha benshi nyuma yo kuvuga ko ariwe mukobwa wifuzwa na buri mugabo wese

Latest from Uncategorized

Go toTop