advertising

Advertising

Korali Ambassadors of Christ yateguye igitaramo gikomeye cyo gukusanya inkunga yo kubaka urusengero rugezweho ruzatwara arenga Miliyari y’Amafaranga y’u Rwanda

5 months ago

Korali Ambassadors Of Christ , yateguye igitaramo gikomeye cyitwa ‘Umubyeyi Remera’ kizaba kigamije gukora umurimo w’Imana wo gukusanya inkunga yo kubaka urusengero kizaba tariki ya 17 Nzeri 2023 muri Camp Kigali.

 

 

Impamvu nyamukuru yo gutegura iki gitaramo cyo gukusanya inkunga yo kubaka urunsengero , ni uko iri Torero rya Remera riri mu matorero amaze igihe ndetse rikaba ryarabyaye andi matorero atandukanye arimo ; Nyabisindu, Kabeza, Bibare, n’ayandi atandukanye ari mu Mujyi wa Kigali nk’uko byatangajwe na Songa Rene umwe mu bagize ‘Ambassadors Of christ’.

 

Iyi Korali yateguye iki giterane cy’Ivugabutumwa rishingiye kugukora umurimo w’Imana nyuma y’ibindi bitaramo bitandukanye bakoreye mu bihugu byo hanze y’u Rwanda

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Uko mbibona ! Yago akumbuwe n’abatagira kivugira n’abakene none umuziki waramuheranye nta kiganiro aheruka

Next Story

Urukundo Selena Gomeza amukunda rwamuteye amashaba ! Umuhanzi Rema yaciye agahigo katarakorwa n’undi wese binyuze mu ndirimbo basubiranyemo

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop