advertising

Advertising

Kim Kardashian watandukanye na Kanye west wavuzweho kwambara ubusa yatangiye gusohokana n’abandi bagabo

5 months ago

Kim Kardashian wakundanye na Kanye west, bakabana ndetse bakaza gutandukana amakuru aravuga ko yamaranye igihe na Odell Beckham Jr wamamaye kuri Netflix.

 

Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Page Six avuga ko mu cyumweru cyashize aba bombi bamaranye agahe ngo na cyane ko uyu musore yari amaze agahe atandukanye n’umukunzi we Lauren wamamaye nka Lolo.

 

N’ubwo bikekwako Beckham Jr na Kim Kardashian bakundana , abandi bantu bavuga ko aba bombi bakunze kugaragara hamwe , bikavugwa ko impamvu ari uko bombi ari inshuti cyane.

 

Amakuru ava munshuti za hafi za Kim Kardashian yemeza ko uyu mugore ataramera neza wo gushaka, gusa bavuga ko arimo gushaka uwazamwemeza akamugwisha mu rukundo nyuma yaho uwari umugabo Kanye West, arumukuriyemo.

 

Kurundi ruhande amakuru avuga ko Beckham Jr n’uwari umukinzi we ngo babyaranye umwana muri 2022 gusa mu ntangiriro z’uyu mwaka baratandukana.Kim Kardashian yagiye agaragara kumikino imwe n’imwe uyu mugabo yagiye akinamo.

Author

Ads

ad

Previous Story

“Ikizira cyinjiye ahera” ! Pastor Phanny yashyize anenga umuyobozo wa ADEPR wemeye ko ibendera ry’abatinganyi rizunguzwa m’urusengero!

Next Story

Umuhanzi The Ben yahaye Gasopo abashaka kwica igitaramo cye cyitezweho guhuruza imbaga abibutsa ko ari Igisamagwe

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop