Iri gukosha ! Ifi y’impamba ipima ibiro 30 irimo kugurishwa ibihumbi 50 mu Bugesera ( VIDEO )

October 3, 2025
by

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 06 Ugushyingo 2023 nibwo hagaragaye Ifi yarobewe mu rugabano rwa Kigali na Bugesera mu Kagera iripima ibiro 30.

 

Nk’uko tubikesha umunyamakuru wacu wari uhibereye , Kwizera Enock , ngo iyi Fi yarobewe mu rugabano rwa Kigali n’Akarere ka Bugesera mu mugezi w’Akagera.

Yagurishwaga amafaranga ibihumbi 50 by’Amafaranga y’u Rwanda [ 50,000 RWF ] dore ko ngo yarijyanywe ku Kicukiro kugurishirizwayo.Ubusanzwe aya mafi azwi nk’impamba ntabwo yarenzaga amafaranga ibihumbi icumi gusa iyi yagurishwaga ibihumbi 50 n’umugore uzwi nka Mama Elisa.

https://youtu.be/Y8bcvBRPQsw

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Junior Rumaga na Bahali Ruth bashyize hanze igisigo bise ‘RUDAHINYUKA’ cyuje inganzo y’urukundo rwo mu mashuri

Next Story

Dore ibintu abakobwa baba bashaka mu rukundo ariko abasore bakaba batabizi

Latest from Uncategorized

Go toTop