Ibi nibyo 4 umugabo akorera umugore akunda gusa

October 3, 2025
1 min read

Niba umugabo wawe agukorera ibi bintu bine bikurikira ntugashidikanye aragukunda by’ ukuri.

  1. Uramuvuguruza akemera
    Umugabo ukunda umugore we bizira uburyarya ahorana ubushake bwo guhindura imyumvire ku kintu iyo umugore we abimusabye. Niyo yaba ari umugabo utavugirwamo cyangwa ufunga umutwe bingana iki, iyo yakunze imbere y’ umugore we byose birahinduka.
  2. Aha agaciro igitekerezo cy’ umugore

Igihe umugabo ukunda umugore by’ ukuri, igitekerezo umugore we amuhaye agiha agaciro. Muri kamere y’ umugabo akora ibintu uko abyumva ariko iyo akunda umugore atamuryarya ntabwo ajya akora ikintu na kimwe atamugishije inama.

  1. Arakurwanirira

Umugabo iteka arwarira ikintu aha agaciro niba umugabo akurwanirira aragukunda cyane. Umugabo ntashobora kurwanirira ikintu atitayeho.

  1. Yagukorera buri kimwe

Umugabo ugukunda agukorera buri kimwe kugira ngo agushimishe. Urukundo nyarwo ntiruburamo kwitangirana, umugabo ukunda yitangira umugore we.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Rihanna yambaye arenga milliyari ku birenge bye !

Next Story

“Abakene bagira ishyari” ! Rwagasabo Sandrine yahwituye abantu babona abakire bibereyeho neza bagatekereza ko imitima yabo irushye

Latest from Uncategorized

Go toTop