advertising

Advertising

Hatangajwe aho umutingo wumvikanye mu Rwanda waturutse

5 months ago

Mu masaga y’igicamunsi mu Rwanda humvikanye umutingito wamaze nk’amasegonda 30 gusa ntabwo hari hamenyekana niba hari ibyo wangije.

 

 

Uyu mutingito wumvikanye mu masaha ya Saa 4:30 mu gihugu hose .Uyu mutingito wari ku gipimo cya 5.1

 

Ikigo cy’Igihugu gifite munshingano imitingito ‘Rwanda Seismic Monitor’ cyatangaje ko uyu mutingito waturutse mu Karere kaKarongi utewe n’ingufu ziba munda y’Isi ndetse ngo kugeza ntakintu na kimwe cyari cyamenyekana ko cyangijwe n’uyu mutingito utigeze utinda.

 

 

Abaturage batuye , mu Mujyi wa Kigali, Rubavu , Musanze o mu Karere ka Huye bose bavuga ko bawumvise kandi ko wari udasanzwe nk’uko byakomeje kugarukwaho kumbuga nkoranyambaga.

Author

Ads

ad

Previous Story

Byinshi wamenya ku mugore wa 1 wambaye ipantaro ! Ubundi byari ikizira kubona umugore wambaye ipantaro

Next Story

Ubushakashatsi ! Impamvu bamwe mu bagabo bakunda abagore bafite amabuno manini

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop