Hatangajwe aho umutingo wumvikanye mu Rwanda waturutse

October 3, 2025
1 min read

Mu masaga y’igicamunsi mu Rwanda humvikanye umutingito wamaze nk’amasegonda 30 gusa ntabwo hari hamenyekana niba hari ibyo wangije.

 

 

Uyu mutingito wumvikanye mu masaha ya Saa 4:30 mu gihugu hose .Uyu mutingito wari ku gipimo cya 5.1

 

Ikigo cy’Igihugu gifite munshingano imitingito ‘Rwanda Seismic Monitor’ cyatangaje ko uyu mutingito waturutse mu Karere kaKarongi utewe n’ingufu ziba munda y’Isi ndetse ngo kugeza ntakintu na kimwe cyari cyamenyekana ko cyangijwe n’uyu mutingito utigeze utinda.

 

 

Abaturage batuye , mu Mujyi wa Kigali, Rubavu , Musanze o mu Karere ka Huye bose bavuga ko bawumvise kandi ko wari udasanzwe nk’uko byakomeje kugarukwaho kumbuga nkoranyambaga.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Ingabire Pascaline wamamaye muri Cinema Nyarwanda yatomagije umwana we agaragaza ko ariwe nshuti agira mu buzima bwe

Next Story

Ubushakashatsi bugaragaza ko umubyeyi w’umugabo ariwe ugira uruhare runini kandi rwihariye mu gutsinda neza k’umwana mw’ishuri

Latest from Uncategorized

Go toTop