Hagiye gukorwa filime kubitaramo by’umuhanzikazi Beyonce Knowles yise ‘Ranaissance Tour’ bimaze guca agahigo ko kwinjiza agatubutse

October 3, 2025
1 min read

Nyuma y’aho ibitaramo bya Beyonce umugore wa Jay z , byinjirije Amerika asaga Miliyari 4 z’Amadorari , hagiye gukorwa Filime ibigarukaho mu buryo bwimbitse.

 

 

Ibi bitaramo ‘Ranaissance Tour’  nibyo yamurikiyemo indirimbo ziri kuri Album ye aherutse gushyira hanze.Nk’uko bivugwa mu makuru , uyu mugore maze kuba umwe mu binjirije AMERIKA amafaranga menshi dore koi bi bitaramo bye yise ngo Ranaissance Tour’   bimaze kwinjiza akayabo.

 

Nyuma yo kubona utu duhigo twose, Kompanyi ikora ibijyanye n’imyidagaduro AMC yatangaje ko igeze kure umushinga wo gutunganya filime izibanda kubitaramo 54 mugore wa Jay Z Beyonce amasemo iminsi ndetse bikaza no guca agahigo ku rwego rw’Isi.

 

 

‘Drunk In Love Hit Maker’ Beyonce, yemereye iki kigo gutunganya iyi Filime, nyamara hari ubwo ngo yigeze kubangira gutunganya filime yagombaga kuvuga kuri ‘Formation Tour’ uyu muhanzikazi , yari amaze gukora.Beyonce akunze guca uduhigo ndetse n’ibitaramo bye byinshi bikunze gukorwaho filime dore muri 2007 naho hari ibitaramo bye byakozweho filime.

Beyonce

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Bishobora kubabaza umwana uri munda ! Umukobwa utwite yababaje ababyeyi ubwo yisonzeshaga cyane akamera nk’udatwite bavuga ko ashobora kwica umwana

Next Story

Ni nk’Akamalayika ! Dore amafoto agaragaza ubuhanga bw’umwana ukiri muto uhogoza benshi kumuhanda bagakora mu mufuka kubera impano ye go gucuranga

Latest from Uncategorized

Go toTop