advertising

Advertising

H.E Paul Kagame arimo gutemberezwa ahibasiwe n’ibiza

5 months ago

Uru ruzinduka rwa Nyakubahwa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ruje nyuma y’aho abaturage bishwe abandi bagasenyerwa n’imvura.

Kimwe n’ahandi hagezwe ho n’ibi biza , mu Karere ka Rubavu abaturage bamwe bishwe n’inkangu, imirima iragenda , amazu arasenyuka n’imyaka irangirika.
https://youtu.be/sF8snoqlrzg

Ibi byafashwe nk’ibidasanzwe mu mateka y’u Rwanda dore ko abarenga 130 babuze ubuzima bwabo.

Mu muhango wo gushyinguramo abaguye muri ibyo biza, Minisitiri w’Intebe Edourd Ngirente yatanze ubutumwa bwa Nyakubwa Perezida Paul Kagame, yihanganisha abaturage ndetse avuga ko u Rwanda ruzakora uko rushoboye rugafasha abahuye nabyo.

Perezida aratemberezwa  mu bice bitandukanye byibasiriwe n’inkangu n’imyuzure yaturutse ku mugezi wa Sebeya wabaye intandaro.
https://youtu.be/sF8snoqlrzg

Nyuma yabyo biteganyijwe ko umukuru w’igihugu araganira n’abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza kuri site ya y’agateganyo ya Inyemeramihiho mu Karere ka Rubavu aho bubakiwe amahema.


Author

Ads

ad

Previous Story

Dore Pozisiyo 5 wateramo akabariro ugashimisha umugore wawe cyane

Next Story

Imitoma 12 irenze wakoresha igahindura ubuzima bw’urukundo rwawe

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop