advertising

Advertising

Dore uko wabyitwaramo mu gihe ufite igitsina gito

5 months ago

Kugira igitsina gito ni ikibazo gikomeye kandi gihangayikishije abagabo hafi ya bose ku isi yose gusa nyamara ntakibazo bakagize.

Ningombwa ko abagabo bumva ko ntakibazo kiri mu kugira igitsina gito.Abahanga bagira bati:” Ubushobozi ntibugaragarira mu bunini”. Hari ubwo umugabo agira igitsina kinini ariko bikamubera imbogamizi mu gihe atazi kugikoresha.

Abagabo bagirwa inama yo kwirinda kujya bahangayika kubera ingano y’igitsina ubushakashatsi buvuga ko abagabo benshi baterwa isoni nuko bumva abandi bameze ndetse bagaterwa ipfunwe n’uko bumva ko badashoboye.

Niba uri umugabo ukaba ufite igitsina gito nk’uko byagaragajwe ubitekereza, nugera muri iki kibazo uzamenye icyo ukora.

Urasabwa kwiyigisha. Niba uri umugabo ukagera muri iki kibazo shaka uko wiyigisha wowe ubwawe.Iyumvishe ko igitsina cyawe ari gito ariko ko gishoboye.Menya ko ubunini ntacyo buvuze.

Ganira n’uwo mwashakanye. Shaka umwanya uganire n’uwo mwashakanye , umubwire ko ntacyo bitwaye kuba ufite iyo ngano.Urasabwa kwirinda gushaka izindi nzira zitandukanye.

Kwigirira icyizere. Igirire icyizere muri byose umenye ko ugomba kubikora kandi ukabishobora nkuko twabigarutseho haraguru.

Shaka ubufasha kuri muganga.Shaka umuhanga uzagufasha kumenya ko udakwiriye guhangayika.

Kugira igitsina gito ntabwo bikugaragaza n’umuntu udashoboye. Iteka abagabo bose barashoboye.

Author

Ads

ad

Previous Story

Yabaye imfizi ya rubanda ! Diamond Platinumz yavuze kubyo gukora ubukwe n’umukunzi we benshi baratungurwa

Next Story

“Nabaye umusirikare nkora ikosi mu mahanga” ! Umukobwa w’ikizungerezi atanze ubuhamya bw’ubuzima yanyuzemo

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop