Dore ubusobanuro , imico n’imyitwarire y’abitwa Ella Ellena

October 3, 2025
1 min read

Niba ujya wibaza ubusobanuro bw’amazina Ella na Ellena , wageze ahantu hanyaho.Niba ufite irindi zina twandikire turigusobanurire.

 

Izina Ella ni izina rihabwa umwana w’umukobwa, ni izina risobanuye ngo “Byose” ( All) , “Byuzuye” cyangwa rigasobanurwa n’ijambo rizwi nka ‘Fairy Maiden’.

 

Iri zina kandi rikoreshwa mu Norman aho riva ku ijambo ‘Ali’ , ndetse kandi ni izina ry’Igiheburayo , bigasobanurwa hashingiwe ku giti cyo mu muryango uzwi nka ‘pistachio’ cyafatwaga nk’ikigirwamabna.

 

Mu bihugu bivuga ururimi rw’Icyongereza na Scandinavia , hari andi mazina bakuye kuri Ella ariyo ; Eleanor, Elizabeth n’ayandi.Muri aya mazina bo bakoreshaga ‘El’ yonyine.

 

Mubigendanye na mwuka, Ella bisobanuye; Imbaraga, Ubuntu , ndetse n’ibambe ry’Imana Kubo yaremye.

 

Iri zina ni ryiza k’umwana kuko ni izina rito , ryoroshye kurivuga n’ubwo rigoye kuribonera ubusobanuro.

 

Nukenere ko tugusobanurira izina ubyandike aho hatangirwa ibitekerezo.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Paw Paw w’imyaka 41 yatangaje ikintu gikomeye cyamubayeho ubwo yahuraga bwa Mbere na mugenzi we Aki

Next Story

Burya uko ugenda bifite aho bihuriye n’imico yawe ikuranga mu buzima bwa buri munsi

Latest from Uncategorized

Go toTop