Dore ubusobanuro bw’amazina meza cyane wahitiramo umwana wawe n’utwambaro ukwiriye kubambika

October 3, 2025
1 min read

Muri iyi nkuru yacu y’uyu munsi twabahitiyemo amazina meza wakwita umwana wawe ndetse n’imyambaro bijyanye.Niba nawe ufite wifuza utwandikire turigusobanurire.

 

1. Lavyansh: Lavyansh ni izina ryiza rifite inkomoko mu Buhinde , rikaba risobanuye ngo “Umwiza”. Ni izina rihabwa abana b’abahungu.

 

2.Laaibah: Izina Laaibah rihabwa abana b’abakobwa naryo rifite igisobanuro kimwe nk’iryo twavuze haraguru. Laaibah risobanuye ngo “Umwiza” [Umukobwa].

 


4. Lakshit: Izina Lakshit risobanuye ngo umuntu ufite intego mu buzima bwe , cyangwa ufite indoto zo kugera kuri byinshi.

5. Layla: Izina Layla ni izina nanone rishimangira ubwiza umuntu afite. Rivuga ubwiza.

 

6.Lavesh: Iri zina Lavesh naryo rikoreshwa cyane mu gihugu cy’Ubuhinde ndetse risobanuye ngo “Imana y’urukundo”.

 

7. Lahan : Iri zina , ni rimwe mu mazina meza ukwiriye guhitiramo umwana wawe.Lahan ni izina risobanuye ngo “Umunyabwenge”.

 


8. Layina: Izina ryanyuma muyo twabateguriye uyu munsi ni , Layina. Izina Layina risobanura umuntu witanga.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Menya imitoma y’agatangaza usabwa gutera uwo wihebeye mu masaha y’umugoroba

Next Story

Dore ibintu ukwiye gukora niba umwana wawe anyara ku buriri

Latest from Uncategorized

Go toTop