advertising

Advertising

Dore impamvu zituma wandikira umukobwa ntagusubize

5 months ago

Kenshi abasore benshi bahura nibi aho ushobora kwandikira umukobwa runaka ushaka kumutereta bikarangira yanze no kugusubiza.

 

Dore impamvu zibitera:

 

 

Ashobora kwibagirwa: Iyi ni impamvu abasore batumva ariko hari ubwo umukobwa yanga kugusubiza bitewe nuko yabyibagiwe cyane ko nawe Ari umuntu kwibagirwa bibaho.

 

 

Ashaka ko bikugora kumufatisha: Hari ubwo Kandi umukobwa yanga kugusubiza bitewe nuko ashaka ko umufatisha bikugoye.

 

 

 

Ashobora kuba atakwiyumvamo: Hari ubwo Kandi umukobwa yanga kugusubiza bitewe nuko atagukunze nyine atakwiyumvamo bityo akanga kwirwa asubiza ubutumwa wamwandikiye.

 

 

 

Ashobora kuba adakunda kwandikirana: Hari ubwo Kandi umukobwa yanga kugusubiza bitewe nuko muri we kugirana ibiganiro nawe bisaba ko mubonana amaso kuyandi bityo bigatuma yanga kugusubiza ubutumwa wamwandikiye.

 

 

 

 

Ese nawe bajya banga kugusubiza! Nizereko umenye impamvu ibitera.

 

 

Umwandutsi: Byukuri Dominique

 

 

Source: News Hub Creator

Author

Ads

ad

Previous Story

Dore ibintu byihutirwa ndetse bitangaje ku masohoro no ku ntangangabo buri mugabo akwiriye kumenya nonaha

Next Story

Yahawe urwamenyo nyuma yuko avuze ko ashaka umugabo uhembwa ibihumbi 300

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop