advertising

Advertising

Dore impamvu atari byiza kurongoza umugore wawe intoki

5 months ago

Benshi mubagabo biharaza ibyo gukora imibonano mpuzabitsina bakoresheje intoki ariko nyamara ntabwo ari byiza nk’uko tugiye kubirebera hamwe muri iyi nkuru.Nugira igitekerezo ukidusigire.

Bamwe bavuga ko “Kurongoza umugore wawe intoki nibyiza mu gihe , udashaka kumutera inda uwo mwanya.

Bamwe mu bagore bakunda cyane igikorwa cyo kubarongoza intoki ngo kubera ko zigera kure ugereranyije n’igitsina cy’umugabo , ntibababaze ndetse bakabikundira ko bituma banyara cyane.

N’ubwo bimeze bityo rero hari n’abandi babyanga ngo kubera ko bituma bava amaraso nk’uko ikinyamakuru Pulse cyo muri Kenya kibitangaza.

Abahanga bemeza ko ikintu cyose gishyirwa mu gitsina gore kigomba kuba gitose bihagije kugira ngo kidateza ibibazo.

1. Kubura ububobere

Benshi bakoresha intoki kubera kubura ububobere.Iyo umugore adafite ububobere umugabo we agakoresha intoki , bituma ava cyane.

2. Inzara ziramukomeretsa.

Umugabo ushobora kuba afite inzara , iyo azikoresheje mu gitsina cy’umugore we ziramukomeretsa , akaba yava cyane mu buryo bukabije.Abagabo bagirwa inama yo guca inzara mbere yo gukoresha intoki mu gitsina cy’umugore.

3. Byangiza igice cy’igitsina cy’umugore cyitwa Hymen.

4.Bitera indwara zandurira mu myanya ndanga gitsina.

Gukoresha intoki zifite umwanda , bituma umugore yandura zimwe mundwara zirimo na ‘Imfection’.

Src: Pulse

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Nyuma y’ishingwa ry’urusengero rw’Abatinganyi i Nyambirambo abapasitori b’i Kigali batezwe mutego w’Umushibuka nibatitonda bazagirwa imbata

Next Story

Nkore iki ? : Umugabo wanjye iyo dusohokanye aba yirebera abandi bakobwa nabimuciyeho ariko byaranze

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop