Dore icyo bisobanuye kugira utwobo hejuru y’ikibuno ‘Back Dimples’

October 3, 2025
1 min read

Back Dimples cyangwa se utwobo tuba tufatiye inyuma kukibuno ni utwobo tugaragazwa n’uruhu bigasobura ibintu bitandukanye nk’uko tugiye kubirebera hamwe.

Ubundi bwoko bwatwo ni ubwitwa Venusian dimples gusa bwo abari bubiri mu gihe utwo twahereyeho aba ari 3.Ijambo Back Dimples rikomoka ku ijambo Venus ryakoreshwaga mugusobanura imana z’aba Roma z’ubwiza ndetse bikaranga cyane igitsina gore.Ubusanzwe dimples zihabwa agaciro ku gitsina gore.

N’ubwo nta kimenyetso simusiga gihari, Dimples bivugwa ko ari ibintu biherekanwa kuva kuri umwe bijya kuwundi.Mu gihe cyambere I Romana , umugore wabaga afite dimples bamufatafa nk’umugore ushobotse kandi ushoboye mu bijyanye no kubyara.Back dimples zifatwa nk’intege nke ku bagabo kuko zituma umugore agaragara neza.

src: Healthline

Umwanditsi: Patrick Munana

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Nagize ihungabana rikabije ubwo umukobwa nari narihebeye yanyanga nkarwara indege” ! Ngoga James yavuze ko abakobwa ari abagome bikabije

Next Story

“Yatwaye igikombe bamuhamagaye aburirwa irengero” ! Ange Da Baby ukunzwe na benshi yakoze agashya katazibagirana mu gitaramo yatwayemo igikombe

Latest from Uncategorized

Go toTop