Dore ibintu ukwiriye kwirinda gukora mbere yo gutera akabariro n’uwo mwashakanye

October 3, 2025
1 min read

Abashakanye by’umwihariko baba bagomba kugira byinshi birinda mu rwego rwo kugira ngo bagire ubuzima bwiza.Muri uku gukora imibonano mpuzabitsina batateguye neza rero hari ibyo baba bagomba kwirinda nk’uko tugiye kubigarukaho.

Numara kumenya ibibintu, ufashe na bagenzi bawe, ukore share kubo muziranye kugira ngo babashe kwirinda no kurinda abo bashakanye.

1.IRINDE AMAFUNGURO ARIMO URUSENDA: Abashakanye bakwiriye kugabanya amafunguro arimo urusenda mbere yo gutera akabariro kuko ngo rushobora gutuma umutima ukora mu buryo budasanzwe bikaba byabangamira igikorwa murimo.

2.GABANYA INGANO Y’IBISINDISHA UKORESHA : Abashakanye bakwiriye kugabanya ingano y’ibisindisha bakoresha mbere yo gutera akabariro hamwe n’abo bashakanye.Nubwo bivugwa ko atari byiza, gusa hari ibinyobwa bimwe na bimwe bikoreshwa mu rwego rwo gushaka imbaraga.
3.NTUKAJYE WOGOSHA MBERE Y’IGIKORWA : Mu by’ukuri ntabwo ari byiza ko gosha mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina kuko bituma bitaryoha neza by’umwihariko iyo mubikoze uwo mwanya muhita mubira.

4.MUKINE ARIKO NTIMURENGERE: Hari ubwo abantu bakina ugasanga bibagiwe icyabagenzaga cyangwa havuyemo kurakara.Sibyiz rero ko abashakanye bakina cyane mbere yo gutera akabariro.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Kicukiro: Umugore umaze imyaka 9 atwite inda yabwiwe n’abaganga ko ari impanga

Next Story

Dore ibyo wamenya ku bakobwa bagira inyinya mu menyo

Latest from Uncategorized

Go toTop