advertising

Advertising

Dore ibimenyetso bizakwerekako umukobwa wagusuye ashakako mukora imibonano mpuzabitsina

5 months ago

Hari ubwo umukobwa asura umusore akamwereka ibimenyetso byose by’uko yifuza ko baryamana ariko nyamara umusore wacu usenga cyane ntabashe gusobanukirwa n’icyo gishuko akaba akize gutyo.

N’ubwo atari byiza ko ufatirwa muri uwo mutego, umukobwa nagusura uzigengesere mu gihe azaba arimo gukora byinshi muri ibi bimenyetso.

1. Iyo aje kugusura aza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi.

Niba hari umukobwa wagusuye akaza yambaye akajipo cyangwa agakanzu kagufi menya uko ashakako mutera akabariro.Muhakanire kure ndetse wirinde kwegerana nawe.

2. Akurambika umutwe kurugu cyangwa kubibero.

Mu gihe umukobwa wagusuye atangiye kukurambika umutwe kuntu zawe cyangwa kubibero byawe, menya ko hari ibyo yifuza kuri wowe.Nuticunga neza , ushobora gusanga akugushije mu mutego.

3. Ndataha nyuma y’isaha.

Iri jambo rigaragazako arimo kukubwira ko muri iyo saha imwe hari ibindi mwakorana.

4. Ndumva nshaka kuryama ariko sinkeneye kukubangamira.

Ukumva atangiye kukubwira ngo ndashaka kurya ,… uyu mukobwa azaba ashakako mukora imibonano mpuzabitsina kandi mutabyemerewe mu by’ukuri.

5.Uziko nibagiwe gufunga igifungo cy’ishati yanjye.

Iyi ni imwe muri tekenike abakobwa benshi bakoresha mu gihe baba bifuza kuryamana n’abasore basuye.

Ibi twabivuze kuko hari abakobwa bashotora abasore kandi nyamara batanakundana ahubwo bagamije kubashora mungeso mbi.

Author

Ads

ad

Previous Story

Carelle Lellie Ndayizeye yegukanye ikamba rya Miss Burundi ahigitse abandi bakobwa 11 bari bahanganye

Next Story

“Narahohotewe narakubiswe kenshi nzira uko navutse” ! Umuhanzikazi Tonzi mwakunze muri mu ndirimbo ziramya zikanahimbaza Imana yaciye mubikomeye

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop