Dore amafunguro ashobora gufasha abagore kugira amabere manini n’ikibuno

October 3, 2025
1 min read

Wagerageje imyitozo yose ibaho ku isi ariko byaranze amabere yawe n’ikibuno ntabwo biva aho biri.Ni byiza ko rero ukoresha amafunguro kugira ngo ubuzima bwawe bunabyungukiremo.

Muri iyi babuza abakobwa n’abagore gukoresha ikizwi nka ‘Surgery’ kubera ko atari byiza nagato k’ubuzima bw’uwabikoze.

ESE NI AYAHE MAFUNGURO AFASHA ?

1. Soya
Bibe amata ya Soya cyangwa ay’ibishyimbo kubazi kubikora (Ayifu), Uko wabifata kose , ikinyamakuru Pulse kigaragaza ko ari ingenzi cyane kubagore bashaka amabere manini n’ikibuno kinini. Ibi bituma Oestrogen irimo ifasha muri uwo murimo.

2. Ibigori

Ibigori burya ni ingenzi cyane k’ubuzima bw’abakobwa n’abagore by’umwihariko abifuza amabere manini n’ikibuno kinini kuko ikigori kiri mu byubaka umubiri.

3. Amashyaza / Amajeri

Burya amashyaza ni ingenzi cyane kuko akungahaye kuri Fat ifasha mukugira ibiro byinshi.

4.Imbuto.

Imbuto zirimo , imineke, inanasi , imyembe , n’ibindi bituma umuntu agira ibiro.Umugore wazikoresheje neza rero abona igisubizo cyabyo.

Ni ingenzi ko umenya ko izimbuto zitazahita zigufasha uwo mwanya ahubwo ko bisaba urugendo.

Src: Pulse

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Jill Bidden umugore wa Perezida wa America yongeye kurwara COVID 19 mu gihe umugabo we Joe Bidden ntayo bamusanganye

Next Story

Umugabo yagiye kugurisha intanga ze ahitwa ‘Sperm Bank’ bamweretse Filime z’urukozasoni ngo yikinishe ntiyasohora ntiyasohora ataha amaramasa

Latest from Uncategorized

Go toTop