Dore amafoto 10 ya mbere meza ku isi y’abakundana ashobora guhita agushyira mu rukundo aka kanya

October 3, 2025
1 min read

Urukundo ni amayobera y’umutima aho umwe mu bakundana yifuza mugenzi we kugeza amwegereye akamusaba ko babana.

Hari ubwo uzaganira n’abantu batandukanye bakakubwira ko urukundo rwabo rwakomotse ku nshuti zabo cyangwa ahandi hantu hatandukanye.Uburyo umuntu abona abantu bakundana nibwo bituma nawe ajya mu rukundo.

Iyo isi itaza kubamo urukundo ntabwo abantu bayuzuyemo bari gukundana, impamvu abantu bakundana ni uko hari abandi bakundana babona.Niyo mpamvu muri iyi nkuru tugiye kugaruka kumafoto y’ingenzi agaragaza abakundana by’ukuri.

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Nagize ihungabana rikabije ubwo umukobwa nari narihebeye yanyanga nkarwara indege” ! Ngoga James yavuze ko abakobwa ari abagome bikabije

Next Story

“Yatwaye igikombe bamuhamagaye aburirwa irengero” ! Ange Da Baby ukunzwe na benshi yakoze agashya katazibagirana mu gitaramo yatwayemo igikombe

Latest from Uncategorized

Go toTop