Dore ahantu abagabo bakunda ko abagore babo babafata, ariko abagore benshi bakaba batahazi

October 3, 2025
by

Kumenya neza ibyo umugabo wawe cyangwa umukunzi wawe akunda ni kimwe mu bintu bishobora gutuma urukundo nyarwo rukura cyangwa urugo rwanyu rukomera.Aho ukora umugabo wawe cyangwa aho ufata umugabo wawe hasobanuye ibintu byinshi ku buzima bw’urugo rwanyu.

 

 

 

DORE AHANTU ABAGABO BAKUNDA KO ABAGORE BABO BABAFATA ARIKO ABAGORE BENSHI BAKABA BATAHAZI:

 

 

1.Mu musatsi; Abagabo benshi bakunda kubona abagore babo babakorakora mu musatsi. Uko umugore akora umugabo we mu musatsi akorakoramo hose, bishobora gutuma umugabo yumva ameze neza ndetse bikaba byiza mu rugo cyangwa urukundo rwanyu.

 

[irp]

2.Ku matwi; Ku matwi cyangwa mo mu matwi naho ni ahantu abagabo bakunda ko abagore babo babafata cyangwa babakora. Nkuko bisanzwe ku matwi ni kimwe mu gice kikiyumviro ku muntu rero umugabo ukozwe ku matwi akahakorwa n’umugore we bituma urukundo rwabo rukomera cyane.

 

 

3.Mu mugongo: Abagabo benshi bakunda ko abagore babo babafata mu mugongo baturutse inyuma, icyakora abagore benshi ntibazi ko abagabo benshi babikunda.

 

 

4.Mu bwanwa: Umugabo wese ntakunda umuntu umukora mu bwanwa ariko iyo Ari umugore we umukozemo yumva ameze neza kurushaho. Ni ngombwa ko niba uri umugore kumenya ko gukora umugabo wawe mu bwanwa Ari byiza ndetse ko abagabo benshi babikunda.

 

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Abagore gusa: Uburyo wakwitegura umugabo wawe mu gihe mushaka gutera akabariro ntumwime

Next Story

Iri gukosha ! Ifi y’impamba ipima ibiro 30 irimo kugurishwa ibihumbi 50 mu Bugesera ( VIDEO )

Latest from Uncategorized

Go toTop