advertising

Advertising

Dore abasore ukwiriye kwirinda guhitamo uzaba umugabo wawe

5 months ago

Hari umusore ushobora guhitamo nk’umukobwa ubuzima bwawe ukaba ubusize mukaga atari uko adashobora kubaka ahubwo ari uko imico ye utazabasha kuyiyobora neza ngo bigukundire.Muri make aha uba usabwa kumenya neza ko wahisemo neza bitewe n’imico y’uwo wifuza kuza kubera umugabo.

 

1.Umusore ushyushye

 

Aba basore rimwe uba uri urukundo rwubuzima bwabo ejo bakibagirwa ni taliki y’amavuko yawe. Mu kwezi kwa mbere mukundana uba uri mama w’abana be bataravuka ejo ukaba umeze nkutarigeze uba mu buzima bwabo.

 

 

2.Umusore usigana

 

Aba basore bahora bakubwira gukora ibintu runaka mbese akubwira gukora utuntu nawe yakora ibyo nabyo si byiza kuko Kenshi bikurura amakimbirane hagati yanyu.

 

 

3.Umusore usinda cyane

 

Niba ukundana n’umusore unwa amayoga menshi burya nawe si mwiza mu kuba mwabana.Ni wawundi muzakorera amafaranga we ejo akayamarira mu mayoga gusa ahubwo ukaguma ukora cyane wowe we ayanwera, ibyo rero ntacyo byabagezaho mu iterambere ryanyu.

 

Umwanditsi: Byukuri Dominique

 

Source: your tango.com

Author

Ads

ad

Previous Story

Byamubabaje cyane ! Umusirikare yavuye ku rugamba atungurwa no gusanga nyina umubyara yarirukanye umugore we munzu

Next Story

Umuhanzi Prince yagarutse k’umukobwa ubeshywa urukundo n’abasore bakamusambanya abinyuza mu ndirimbo nshya yose ‘FIMBO’

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop