advertising

Advertising

Diamond Platnumz yongeye kugaragara mu mashusho ari gusangira n’umugabo wa Zari Hassan bahuje urugwiro

4 months ago

Umuhanzi Diamond Platnumz yongeye kugaragara ari kumwe na Shakib Cham Lutaaya bari kuganira basa n’abahuje urugwiro ndetse banasangira icyo kunywa.

 

Aba bombi bagaragaye bicaye hamwe biteretse icyo kunywa , bari kuganiro bahuje urugwiro.Benshi bemeza ko aya mashusho atari ayo muri 2022 ubwo bombi bahuraga bwa mbere Zari amaze gutangaza ko ari mu rukundo na Shakib Cham Lutaaya.

 

Amakuru avuga ko bwa mbere Shakib yahuye na Diamond Platnumz ubwo bari kumwe n’abana Zari yabyaranye n’uyu muhanzi , mbere gato y’uko aza mu Rwanda akanabazana.

 

Muri aya mashusho Shakib yari yafashe biganza byaba bana , ndetse anagaragara ari guhoberana na Diamond Platnumz.

[irp]

REBA HANO VIDEO

Author

Ads

ad

Previous Story

Umutoza w’ikipe y’Igihugu Amavubi yahamagaye abakinnyi 30 bazamufasha kujya mu gikombe cy’Isi

Next Story

Umuraperi Fizzo Mason yakoze mu nganzo ahuza imbaraga na Joshari bashyira hanze iyo bise ‘Zabada’ – VIDEO

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop