Diamond Platinumz yashyize yemera ko yateye inda Zuchu ndetse aca amarenga ko ashobora kuba agiye kubyara

October 3, 2025
1 min read

Umwe mubahanzi bamamaye cye ku isi Diamond Platinumz yaciye amarenga ko Zuchu agiye kumubyarira umwana.

Aciye kurukuta rwe rwa Instagram Diamond Platinumz yavuze ko umukunzi we atwite gusa yirinda gutangaza amazina y’utwite.Uyu muhanzi kandi yaciye amarenga ko azagaruka kuri Instagram muri Mutarama 2024.

Diamond Platinumz ni umuhanzi ukomeye muri muzika ya Afurika n’isi muri rusange dore indirimbo ye nshya yise My Baby iriguca ibintu hirya no hino.Mu nkuru twabagejejeho mu minsi ishize, Zuchu ubwe yemezaga ko ashobora kuba atwitiye Diamond Platinumz ndetse gusa akajya akunda guhakana ibya Diamond Platinumz ubundi akabyemera.

Ibi byaje nyuma y’aho Diamond Platinumz yari amaze gusomana n’Umunya-Ghana Fantana.Aya mashusho ya Diamond na Fantana yaciye ibintu bizamura urwego rw’imyidagaduro muri Afurika.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Nagize ihungabana rikabije ubwo umukobwa nari narihebeye yanyanga nkarwara indege” ! Ngoga James yavuze ko abakobwa ari abagome bikabije

Next Story

“Yatwaye igikombe bamuhamagaye aburirwa irengero” ! Ange Da Baby ukunzwe na benshi yakoze agashya katazibagirana mu gitaramo yatwayemo igikombe

Latest from Uncategorized

Go toTop