BREAKING NEWS : Umubyinnyi Titi Brown yagizwe umwere ahita afungurwa

October 3, 2025
by

Urukiko rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cy’Ubushinjacyaha ntashingiro gifite rwemeza ko Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown ari umwere ku cyaha cyo gusambanya M.J.

Urukiko rwemeje ko Ikirego cy’indishyi cy M.J ntashingiro gifite n’icyo kwiregura ku ndishyi cya Ishimwe Thierry aka TITI Brown nta shingiro gifite.

Remeje ko kandi indishyi zidatanwa muri uru rubanza.Urukiko rwemeje ko Titi Brown ahita afungurwa akimara gusomerwa.

Rwemeje ko amagarama ahera mu isanduku ya Leta.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Abasore : Dore uburyo umusore ugira isoni yakoresha akabasha kwegera umukobwa

Next Story

NDASHAKA UMUKUNZI ! Ndi umugore mfite abana babiri bakuru umwe yiga muri Segonderi ariko natandukanye n’umugabo

Latest from Uncategorized

Go toTop