advertising

Advertising

BREAKING NEWS : Umubyinnyi Titi Brown yagizwe umwere ahita afungurwa

4 months ago

Urukiko rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cy’Ubushinjacyaha ntashingiro gifite rwemeza ko Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown ari umwere ku cyaha cyo gusambanya M.J.

Urukiko rwemeje ko Ikirego cy’indishyi cy M.J ntashingiro gifite n’icyo kwiregura ku ndishyi cya Ishimwe Thierry aka TITI Brown nta shingiro gifite.

Remeje ko kandi indishyi zidatanwa muri uru rubanza.Urukiko rwemeje ko Titi Brown ahita afungurwa akimara gusomerwa.

Rwemeje ko amagarama ahera mu isanduku ya Leta.

Author

Ads

ad

Previous Story

Umuhanzi Harmonize yemeje ko nta kibazo ajya agirana n’abakobwa bose bakundanye

Next Story

Hamenyekanye akayabo k’amafaranga y’ishuri Diamond Platnumz na Tanasha Donna bishyurira umwana wabo Naseeb Junior

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop