advertising

Advertising

BIRAVUGWA: Ibyamamare birimo Zari , Diamond na Meddy mu bazitabira ubukwe bwa The Ben 

5 months ago

Mu gihe Tiger B yitegura gukora ubukwe na Pamella bamwe mu bahanzi b’ibyamamare muri Afurika bashyizwe ku rutonde rw’abazitabira ubwo bukwe.

 

Amakuru avuga ko bamwe mu bahanzi bamamaye muri Afurika bazabutaha na cyane ko nabanyirabwo ari ibyamamare ntasubirwaho hano mu Rwanda no hanze yarwo.

 

Bamwe mu bashyizwe mu majwi harimo abo The Ben yakoranye nabo ndetse n’abo bamenyanye mu buryo hutandukanye nk’umuhanzi ukomeye..

 

Muri aba bahanzi harimo , Otile Brown bakoranye indirimbo, Meddy , Rema , Sheebah , Zari n’uwahoze ari umugabo we Diamond , Tiwa n’abandi.

 

Biteganyijwe ko ubu bukwe bwa The Ben Tiger B, buzaba mu kwezi kwa Ukuboza tariki 23 uyu mwaka.

 

Author

Ads

ad

Previous Story

Diamond Platnumz yasezeranyije abana be ko azabazana i Kigali mu gitaramo cya Trace Awards nyuma yo kwishimana nawe bakanga gutaha

Next Story

Tuzabona Chris Brown na Bruce Melodie cyangwa Rihanna na Alyn Sano , Rick Ross na Riderman bakoranye indirimbo ? ! Abahanzi Nyarwanda bagiye gukorana n’Abanyamerika

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop