Bakaraze amabuno karahava! Seburikoko n’abakinnyi bakina muri Papa Sava babyinnye karahava

October 3, 2025
1 min read

Niyitegeka Gratien wamamaye nka Seburikoko yagaragaye mu mashusho ari kubyina cyane ndetse ari kumwe n’abakinnyi bakina muri Papa Sava akaba ari nawe boss wabo.

 

 

Mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa Instagram, bagaragaye bose babyina ndetse n’inkumi n’abagore bose bakaraze amabuno karahava.

 

 

Ni mu mashusho yanyujije ku rukuta rwa Instagram rwa Ndimbati nawe wagaragaye arimo kubyina cyane. Abo bose babyinaga indirimbo yakunzwe cyane hano muri afurika ndetse no mu Rwanda yitwa No wahala.

 

 

Igikomeje gutangaza benshi nukuntu abo bose bakaraze amabuno karahava ndetse ubonako bishimye cyane.Ubusanzwe ni gacye wabona Niyitegeka Gratien wamamaye nka Seburikoko cyangwa Papa Sava ariko arabyina indirimbo.

 

 

Source: Instagram

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Urukundo rugeze aharyoshye” ! Wamusaza w’imyaka 66 yibitseho umwana ukiri muto Samuel Nzuki Ndunda yiyunze n’uwahoze ari umukunzi we

Next Story

Ese koko mu mibonano mpuzabitsina habamo gupfuba? Impamvu nyamukuru abashakanye bari gushora Imari mu bapfubuzi iri ku mugabo cyangwa ni umugore?

Latest from Uncategorized

Go toTop