Amashusho ya Sheilah Gashumba n’umukinziwe basa n’abambaye ubusa buri buri akomeje guca ibintu kumbuga nkoranyambaga

October 3, 2025
1 min read

Imvugo ya ‘Hahiye’ niyo irimo kwifashihwa cyane muri Uganda kubera amashusho ya Sheilah Gashumba n’umukunzi we Rickman basa n’abambaye ubusa buri buri bari gusomana.

 

 

Aya mashusho atavuzweho rumwe n’abantu batandukanye bakomeje gushinja Umunyamideri Sheilah Gashumba n’umukunzi we Rickman kwiyandarika , dore ko aya mashusho abagaragaza bombi hamwe bari mubwogero n’andi yafashwe agaragaza ubwambure bwe nk’uko ikinyamakuru cya Igihe.com dukesha iyi nkuru kibitangaza, cyabitangaje.

 

Ibinyamakuru byo muri Uganda bitandukanye byagaragaje ko aya mashusho ashobora kuba yarafashwe ubwo aba bombi bari mubiruhuko.Aya mashusho yashyizwe hanze tariki ya 25 Kanama 2023, gusa kugeza ubu ntabwo icyatumye ashyirwa hanze n’uwayashyize hanze ntabwo byari byamenyekana.

 

 

Sheilah Gashumba , uherutse i Kigali mu gitaramo Kigali Auto Shwo, ni umwe mubagezweho muri Uganda , Kampala by’umwihariko.Uretse no kuba yaramamaye cyane kumbuga nkoranyambaga, Gashumba , ni umwe mubagiye bayobora ibitaramo bitandukanye aho yagiye yifashishwa.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Paw Paw w’imyaka 41 yatangaje ikintu gikomeye cyamubayeho ubwo yahuraga bwa Mbere na mugenzi we Aki

Next Story

Burya uko ugenda bifite aho bihuriye n’imico yawe ikuranga mu buzima bwa buri munsi

Latest from Uncategorized

Go toTop