advertising

Advertising

Abasore : Dore ibyagufasha gutsindira umutima w’umukobwa

5 months ago

Niba uri umusore ariko ukaba utazi icyo wakora kugira ngo ubashe gutsindira umukobwa wihebeye.Iyi nkuru iragufasha kumenya uburyo wakoresha.

 

1. BA UMUHANGA KANDI WUBAHE: Niba ukeneye ko uwo mukobwa akubaha , menya neza ko ugomba kumwubaha ndetse ukubaha n’ibitekerezo bye.Umukobwa wese akunda umusore w’umuhanga.

 

2.IBYO AKUNDA BISHYIGIKIRE : Shyigikira impano ye ndetse ukunde n’ibyo nawe akunda.

 

3. UJYE UMWUMVA: Kuba umuhanga bituma ubasha kumwumva ndetse ukumva nibyo ashobora kukubwira. Uretse n’umukobwa nawe ubwawe ukunda ukumva.

 

4.IGIRIRE ICYIZERE ARIKO NTIWIRATE : Umukobwa akunda umuntu wigirira icyizere ariko kutarimo kwirata.

 

5. MUKORERE UTUNTU DUTO: Niba ushaka gutsindira umutima w’umukobwa, gerageza gukora iyo bwabaga umukorera utuntu duto. Ushobora kumuha impano ,…

Author

Ads

ad

Previous Story

Zory Banks wiyita Murumuna wa Yesu yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Blessings’ – VIDEO

Next Story

Kimenyi Yves agiye gukora ubukwe na Miss Uwase Muyango basanzwe babana

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop