advertising

Advertising

“Abasore barantinya kandi mperutse gushwana n’umukunzi kubera gukina filime” ! Teta muri Bamenya yahishuye uburyo bamufata nk’udashobotse

5 months ago

Teta ukina muri Bamenya Series filime y’uruhererekane ica kuri YouTube, yavuze ko abasore benshi bakomeje kumutunya anagaruka ku kuba gukina filime biherutse gutuma ashwana n’umukunzi we.

 

Mu kiganiro yagiranye na Sabin kuri shene ya YouTube ya Isimbi TV, ubwo uyu mukobwa yari kumwe na Pole Pole nawe ugaragara muri Bamenya Series nibwo yatangaje ibyo.Yavuze ko abasore benshi bakomeje kumutunya, ndetse ko batakimuvugisha kubera uko agaragara muri Bamenya Series.

 

Sibyo gusa yagarutse ku kuba mu minsi yashize hari Umusore bari mu rukundo, akaza kubona amashusho cyangwa cene yakinnye muri Bamenya Series akamubwira ko akwiye guhagarika gukira muri filime ndetse bikaza kurangira bashwanye.Mu byukuri uyu mukobwa avuga ko kuri we gukina filime ari akazi kamutunze ndetse ko atari ikintu yareka gukora kubera ngo Umusore umukunda adashaka ko akomeza kugikora cyane ko ngo ari akazi kamutunze.

 

Ubwo yabazwaga uwo yahitamo hagati y’umusore udafite amafaranga n’umusore ufite ifaranga yavuze ko we yahitamo utunze ifaranga.Mu magambo ye yagize ati ” ukundsna n’umusore udafite amafaranga akagusaza, wakundana n’uyafite nabwo akagusaza. Rero burya wahitamo gukundana n’uyafite kuko agusaza ugahita ujya mu karuruko kuruhura mu mutwe muri ayo mafaranga mutunze.

 

 

Source: Isimbi TV

Author

Ads

ad

Previous Story

Hagiye gutangizwa irushanwa mpuzamahanga ryo gukora imibonano mpuzabitsina ryiswe ngo European Sex Championship aho bazajya bakoresha n’umunwa

Next Story

Basebye ! Amashusho ya Dj Sonia agwa ku rubyiniro akomeje guca ibintu

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop