advertising

Advertising

Abashakanye : Dore ibyiza byo gutera akabariro mu gitondo

4 months ago

Gutera akabariro mu gitondo ni byiza birashimisha ariko binatuma wirirwana akanyamuneza.

Abagore benshi bakunda gutera akabariro mu gitondo ndetse n’abagabo ni uko.Gutera akabariro mu gitondo babikundira ko bituma birirwana umunezero.

 

Abahanga bavuga ko gutera akabariro ni umuti uvura ubwonko , umunaniro , Depression, uburibwe ndetse n’ibindi.Umuganga witwa Dr Sudeshna Ray ukora kubitaro bya Jaslok, yemeje ko abantu bakwiriye kujya batera akabariro mu masaha ya mu gitondo.

 

Uyu mugabo yaravuze ati:” Niba ukunda kugendana n’isaha y’umubiri , uzamenya neza ko imisemburo yo gutera akabariro k’umugore n’umugabo yose yiyongera mu masaha ya mu gitondo”.

 

ESE NI IZIHE MPAMVU ZO GUTERA AKABARIRO MU MASAHA YA MU GITONDO.

 

1. Bituma wirirwa neza: Nta gushidikanya ko gutera akabariro bifasha umuntu wabikoze kwirirwana akanyamuneza.

 

2.Byongera ubudahangarwa: Gutera akabariro mu masaha ya mu gitondo.

3.Bituma wibuka neza kandi vuba: Gutera akabariro mu gitondo bituma uwabikoze yibuka neza kandi vuba.

 

4.Bifatwa nk’imyitozo ya mu gitondo: Kubantu batajya babona umwanya wo gukora imyitozo ngorora mubiri bagirwa inama yo kujya batera akabariro kare kare.

5.Birinda umunaniro.

Author

Ads

ad

Previous Story

Bashyize uburyo bwo gutwereza abantu ! Menya uburyo wakoresha ugatwerera The na Pamella

Next Story

“Ndambiwe kuba njye nyine ndifuza kuba umugore w’umugabo” ! Umukobwa yatakambye asaba abagabo kumugira umugore

Latest from Uncategorized

Ikipe y’Amagaju yirukanye abatoza benshi

Ikipe ya Amagaju FC yafashe icyemezo gikomeye cyo gutandukana n’abatoza bose bayitozaga, nyuma y’igihe kinini bivugwa umusaruro nkene waranzwe n’imikino mibi. Iki cyemezo cyafashwe
Go toTop