Abagore: Uko wakwita kugitsina cyawe ukakigirira isuku

October 3, 2025
1 min read

Kwita ku myaka yawe y’ibanga ni ingenzi cyane by’umwihariko nk’umugore ndetse n’umukobwa.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyo wakora kugira ngo wite ku gitsina cyawe nk’umugore nyuma yo gutera akabariro.

1. Kwihangarika nyuma yo gutera akabariro

Ikinyamakuru Healthline, kigaragaza ikintu cyiza umugore aba akwiriye gukorera igitsina cye ari ukunyara ‘Pee’.Ibi bigabanya ndetse bigasohora imyanda muri ‘Urethra’.Aha bagira inama abagore yo kunywa amazi menshi.

2. Sukura iruhande rw’imyanya yawe y’ibanga

Ni ingenzi cyane gusukura imyanya yawe y’ibanga nyuma yo gutera akabariro ukabikora ukoresheje agatambara keza.

3. Koresha agatambaro gasukuye.

Mu gihe urimo gukora isuku , gerageza gukoresha agatambaro keza gafite isuku .

5. Ambara imyambaro itambutsa umuyaga.

Ambara imyambaro myiza ikozwe muri Cotton na Bamboo mu gihe cyo gutera akabariro.

Abagore bagirwa inama yo kutambara utwambaro tubafunganye.

6. Jya kwamuganga.

Umugore agirwa yo kujya kwamuganga kugira ngo amenye uko umubiri we umeze.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

“Natandukanye na Diamond kubera ingeso ye yo kunca inyuma” – Wema Sepetu wabaye Miss wa Tanzania agakundana na Diamond yabuze ko ari we wamwanze

Next Story

Ibyishimo byamurenze nyuma yo gukanguka agasanga umukunzi we yamwambitse impeta

Latest from Uncategorized

Go toTop