“Abana banjye baziko nkikundana na nyina” ! Diamond Platinumz yitarukije ibyo gusubirana na Zari ahumuriza inkumi za Uganda !
Diamond Platinumz uri Uganda kuri ubu yahakanye amakuru yavugaga ko yasubiranye na Zari wiyita The Boss Lady babyaranye, mu buryo bw’ibanga. Ubwo yaganiraga