Ibi ni ibintu bitinywa n’abantu benshi by’umwihariko igitsina gore na cyane ko bamwe bemeza ko bakwemera no kugumirwa aho kugenda mu muhanda bikoreye icyapa
The Ben ategerejwe imbere y’abafana batari bake , ndetse afite umukoro wo kubaha ibyishimo agasigasira igikundiro n’ubukaka bamuziho. Ese The Ben azabibasha ?
Uwizeyimana Judithe wamamaye nka Judy The Boss Lady yatangaje ko atwite inda y’imvutsi mu mafoto yanyujije kumbuga nkoranyambaga ze. Judy yashyize hanze
Umuhanzi Nyarwanda The Ben, yagize icyo avuga  ku bahanzi bazafatanya nawe mu gitaramo mbaturamugabo azakorera kuri Jardin Park. Ubwo Mugisha Benjamin yaganiraga
Umuhanzi Hirwa Maylo ukomoka mu Karere ka Musanze akomeje kugaragaza ko hari ubushake umuziki w’abakorera mu Ntara wagera kure.Hirwa Maylo yakoze indirimbo nyinshi zitandukanye