Urukiko rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cy’Ubushinjacyaha ntashingiro gifite rwemeza ko Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown ari umwere ku cyaha cyo gusambanya M.J.
Gukoresha agakingirizo ni uburyo bwiza bikoreshwa mu kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse harimo no gutera inda itateganijwe. Ni ngombwa ko
Umuhanzi wo mu Karere ka Rubavu wamamaye mu ndirimbo zitandukanye mu myaka yatambutse Lil Chance ,  kuri ubu yongeye gushyira hanze amashusho y’indirimbo yise
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda , Perezida Paul Kagame, yagiriye inama umutoza wa Arsenal Mike Arteta.Ubusanzwe Perezida w’Igihugu cy’u Rwanda asanzwe afana iyi kipe ya
Celine Dion wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yatangaje ko ababajwe cyane n’urupfu rwa Jean Christophe Dasse bagiranye ibihe byiza by’umwihariko mu bitaramo yari yarise ‘A
Umwe mu basore bagize itsinda P-Unity, witwa Frasha yemeje ko bimye umuhanzi Diamond Platnumz ‘Collable’ yari yabasabye avuga ko we atigeze amenya uko byagenze.Uyu